Itangazo ryo gupiganira isoko ryo kugemura ibikoresho byo mubiro mu mushinga wa BIOCOOR

Itangazo rya Tariki ya 15/4/2024

SOUTHERN PROVINCE

HUYE DISTRICTN

GOMA SECTOR

BUTARE CELL

Email:determinedyouthbiocoor@gmail.comTelephone: (+250)788840755
www.biocoor.rw

ITANGAZO RYO GUPIGANIRA ISOKO

Biodiversity Conservation Organization (BIOCOOR) ni umuryango utari uwa Leta ufite ubuzima gatozi No 777/RGB/NGO/LP/11/2021 mu Rwanda ukaba wita ku kubungabunga urusobe rw’ibinyabuzima n’iterambere ry’Abaturage.

BIOCOOR irahamagarira ibigo bibishoboye na ba rwiyemezamirimo gupiganira isoko ryo kugemura ibikoresho byo mubiro bigizwe n’intebe n’ameza byo mubiro, intebe zo muri salle y’inama by’ubwoko bukurikira:

Ameza y’umuyobozi mukuru wa BIOCOOR ni ntebe Uruganiriro rufite imyanya 9 akameza n’utundi tumeza duto tukagaragiye, n’akabati ko mu biro Intebe zo mu biro zifite udupine

Ibigo bipiganirwa isoko bigomba kuba byujuje ibi bikurikira:

Kuba gifite ubunararibonye mu bijyanye n’imirimo ipiganirwa

Kuba ikigo kiri muri VAT kandi kinatanga inyemezabwishyu ya EBM

Kuba ikigo nta misoro kibereyemo RRA cyangwa RSSBKuba ikigo kimaze byibura imyaka 3 gikoraKuba ikigo cyarakoze imirimo isa n’iyi kikayisoza neza (bakanagaragaza ibyangombwa nibura 2 by’uko basoje iyo mirimo.)

Igitabo gikubiyemo ibirambuye kuri iri soko muragisanga ku biro bya BIOCOOR ku Karubanda guhera kuwa 19/04/2024 kugeza kuwa 26/04/2024.

Mushobora no kuduhamagara kuri nimero 0788334621 ya Program Manager cyangwa mukatwohererza email kuri determinedyouthbiocoor@gmail.com

Tukaba twaboherereza igitabo mu buryo bw’ikoranabuhanga.

Itariki ntarengwa yo kugeza dosiye zisaba isoko kuri BIOCOOR ni kuwa 29/04/2024.

Dosiye zizoherezwa kuri email determinedyouthbiocoor@gmail.com cyangwa zoherezwe mu mabahasha afunze neza ku biro bya BIOCOOR biri ku Karubanda.

Bikorewe Huye kuwa 15/04/2024

Dr Ange IMANISHIMWE

Umuyobozi Nshingwabikorwa wa BIOCOOR

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *