Nyamagabe: Itangazo ryo gupiganira isoko

Ubuyobozi bw’umurenge wa Uwinkingi,mu karere ka Nyamagabe, Intara y’Amajyepfo Buramenyesha abantu bose babyifuza Kandi babifitiye ibushobozi ko bushaka gutanga isoko ryo kuzagemura ibikoresho bizakoreshwa hubakwa imikingo ku byumba by’amashuri n’ubwiherero byubatswe ku mashuri ya EP Nsinduka , EP Kagano , GS Kibyagira, na GS Subukiniro no kuzakora imirimo y’inyubako z’iyi mikingo.

Abifuza gupiganira iryo soko ,bagomba kuba bujuje ibi bikurikira musanga muri iri tangazo riri hano, ritangajwe Tariki 4/8/2023

Itangazo ryo gupiganira isoko mu karere ka Nyamagabe, umurenge Uwinkingi.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *