Kigali:Abacikirije amashuri n’abatsinzwe ibizamini bya Leta bashyiriweho amahirwe hari umuterankunga ubafasha kwiga bakabona Diplome ya A2
Itangazo rigenewe abifuza gukorera Diplome ya A2.
Smart Spring Training Center, iramenyesha abanyeshuri bose bifuza gukorera diplome (A2), ko hari umuterankunga wabonetse ufasha abifuza kwiga Candidate Libre abacikirije amasomo n’abatsinzwe ibizamini bisoza amashuri y’Isumbuye.
Iki kigo , kirubutsa abantu ko babafitiye amasomo mu byiciro by’ingenzi bikurikira:

EVENING PROGRAM (UMUGOROBA), WEEKEND PROGRAM, HOLIDAY PROGRAM (MUKIRUHUKO) na ONLINE PROGRAM (IYAKURE),banabafitiye kandi amashami yose akorwa mu Bizamini bya leta bisoza amashuri y’ isumbuye.
Ayo masomo n’aya akurikira: PCB (Physics,Chemistry and Biology); MCB (Mathematics,Chemistry and Biology), MPG (Mathemetic,Physics and Geography); PCM (Physics, Chemistry and Mathematic), MEG (Math, Economics and Geography); LFK (Literature,French and Kinyarwanda), HGL (History,Geograhy and Literature), ACC (Accounting).

Icyitonderwa: Bakira abifuza gukorera Diplome (A2), buri munsi mu masaha y’akazi mu biro byabo biherereye mu Giporoso kumuhanda werekeza kabeza ,munyubako z’urusengero rwa EAR-REMERA kuri Etage ikoreramo Equity-Bank, hejuru muri gatatu kumuryango wa 2 ibumusoIbindi bisobanuro.
Ukeneye ibindi bisobanuro mwabahamagara kuri: 0788822981 cg 0784799468 cg 0782204759 cg 0783868642
E.Mail: smartspingtrainingcenter@gmail.com
Tubabwire ko baherereye: Mu karere ka Kicukiro, umurenge wa Kanombe-Kabeza mu kigo cya G.S Remera Protestant
HANGA NEWS twavuganye na bamwe mu barimu batubwiye ko basanzwe bakora umwuga wo kwigisha kandi babimaze igihe, Ati”Utuganye mwese,aba azi neza ko Diplome yayiboye, turi abarimu b’inararibonye twese dufite impamyabumenyi za kaminuza mu burezi, rero batugane tubahe ubumenyi batsinde ibizamini bajye mu kazi biteze imbere banateze igihugu cyacu imbere”.

Itangazo rigenewe abantu bose bifuza gukorera Diplome ya A2.

Dore zimwe mu nyubako zabo ikigo gikorera Mu Giporoso- umuhanda umanuka Kabeza.

