Live:Sender International hit n’uruganda ingufu Gin muri tour du Rwanda bakoze agashya Muhanga na Ruhango (Amafoto)

Ibyo Senderi international hit akoreye Muhanga Na Ruhango Abaturage Ntibazabyibagirwa, yari kumwe n’ibinyombwa bya ingufu Gin ltd.

Amafoto:

Ubwo bari bahagurutse ku ruganda rwa ingufu Gin ltd.

Senderi yakiriwe n’abafana benshi.

Byari ibyishimo gusa.

Ingufu Gin yasusurukije abaturage.

Hose muraza guhura nabo kugeza I Gisagara.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *