IPRC Kigali yafunzwe
ITANGAZO RYIHUTIRWA riri kuri twitter ya Minisiteri y’uburezi mu Rwanda rigira riti: “Gufunga IPRC Kigali by’agateganyo”.
Bakomeza bavuga ko harimo gukorwa iperereza ku bujura n’imyitwarire mibi yo kwiha umutungo rusange wa Leta.
Ibindi bisome hasi mu itangazo:



