Kigali:Niba wifuza gusura ahantu nyaburanga AAETER Group Ukwezi k’Ukuboza 2024 yabateguriwe urugendo ruzasorezwa ku Rwesero
AAETER Group ni Kampani ikora ibijyanye n’ibirori ( Event Management) hakubiyemo gutegura ingendo zisura ibice nyaburanga (Trip) zitandukanye, Inama mpuzamahanga (Organization International, Conference, Wedding Preparation) ifasha abajya mu kwezi Kwa bucyi (Honey Moon) kubona ahantu nyaburanga heza, gushakira abantu Visa, gushakira abanyeshuri bo hanze Kwimenyeraza imyuga (Internship) mu Rwanda, aho mu kwezi kwa cyenda basezereye abari baraturutse mu gihugu cy’ubufaransa ( France).
Mu kiganiro bagiranye na HANGA NEWS yatubwiye ko, mu minsi yashize umuyobozi w’umujyi wa Kigali,bwana Dusengiyumva Samuel yasuye Kingfisher ashyira Video hanze iherekana, ashishikariza abantu gutembera Kigali, basura ahantu heza hahari cyane ahari amazi.
Niyo mpamvu iyi Kampani ya AAETER yabateguriye urugero ( Trip) Tariki ya 28/12/2024 kugira ngo bafatanye n’umuyobozi w’umujyi Kigali kwereka abantu ibyo byiza yavugaga bya Kigali.
Twababwira ko ,AAETAR GROUP yavutse Tariki ya 6/01/2023.

Uwifuza kujyayo kwifatanya nabo bisaba kubavugisha kuri address zikurikira 0788577720 cyangwa 0736617846 cyangwa 0783527155. Babashyiriyeho uburyo butandukanye waba uri wenyine, ufite umuryango cyangwa umukunzi ibiciro byoroheye buri wese bitewe n’ikiciro ashaka.
Cyangwa ukabasanga aho bakorera mu karere ka Kicukiro ahazwi nka Sonatune mu nyubako yahoze ikoreramo kaminuza ya UTB (University of Tourism).

Babateguriye urugendo rwo kuzasura ibice birimo amazi.

Ibice nyaburanga bavuga ko Tariki ya 28/12/2024 abifuza kujyayo bazabagasha kuhatembera.

Bavuga ko buri kintu cyose wifuza uzakibona.

Bazabasha guzoza umwaka wa 2024 mu byishimo.

Bavuga ko aha hose ari ibice nyaburanga bw’ubwiza bw’Umujyi wa Kigali,abantu benshi batahazi bazabagasha kuhatembera.

Ntuzacikwe gutemberera aha hantu Tariki ya ya 28/12/2024.

Bagane bagufasha gusoza umwaka wibereye ku mazi Kandi mu mujyi wa Kigali.

