Biryogo:Abagana Resitora ya Macoco bamazwe impungenge z’ahatekerwa amafunguro

Macoco, ni Resitora iherereye muri Free zone ya Biryogo, mu murenge wa Nyarugenge, umujyi wa Kigali, abayigana bamazwe impungenge zaho batekera amafunguro.

HANGA News, uyu 21/1/2023 nibwo twasuye aka gace ka Biryogo , dusanga hari Resitora ikuzwe cyane yitwa Macoco.

Kwifuje kumenya impamvu abayigana ari benshi , tuganira n’abakozi bayo ndetse n’abakiriya batubwira ko igiciro cy’isahani kidakanganye buri wese uhaganye ayo afite yose ashobora guhabwa ifunguro.

Ikindi batubwiye ko bateka neza , isuku igaragarira aho bakirira abakiriya iri naho batekera amafunguro igikoni.

Assouma Umutoni, yagize ati:”Ntabwo duheza gwino urebe uko dutegura amafunguro mu gikoni”.

HANGA News,twinjiyemo dusanga abakozi bateka baba bambaye imyenda yabugenewe , amasafuriya batekeramo afite Isuku,amakaro acyeye, barurira ibiryo ahantu hisanzuye ubona ko bimeze neza ,isuku iri hose.

Assouma ,ati:'”N’abandi bumva ko bafite impungenge zaho dutekera nta kibazo ,. twe tugira isuku impungenge ntazo abatugana ni karibu ….”.

Aho bogereza amasahani hari isuku.

Abakozi baba bambaye neza.

Ibiryo bihora biteguye.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *