Gasabo-Gisozi:Barashima ubuyobozi bwumvise ubusabe bw’abaturage

Abaturage batandukanye mu murenge wa Gisozi, cyane abatuye mu kagari ka Ruhango, barashimira ubuyobozi nyuma yaho batabaje kubera amazu yabo yari amaze icyumweru asenyutse biturutse k’umushoramari urimo kuhubaka akaba yarabashoyeho itaka ndetse n’amazi bikabateza Ibiza.

Mu gusubiza umunyamakuru, ubuyobozi bw’umurenge bubinyujije kuri twitter bwagize Buti:”


Subiza ko :
1. Ibikorwa by’uyu muturage byahagaritswe
2. Ibyo yahubatse adafitiye uruhushya byatangiye gukurwaho
3. Ubwiherero bw’umuturage bwasenywe n’amazi nyiribikorwa yasabwe kubwubaka
4. Ibi byose arabikora bitarenze iminsi ibiri.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *