Kigali:Inkuru ivuguruye ku muryango urengera uburenganzira bwa muntu (Amahoro Human Respect)

Nyuma y’inkuru yatambutse kuri HANGA News, ivuga ku birori byabereye I Kigali Tariki ya 7/7/2023 uyu muryango wateguye , Nonne uyu muryango hari byishi watangaje wifuza ko twavuguru mu nkuru yatambutse , aho bagize bati:”” Twangira ngo tukumenyeshe ko inama twateguye kuwa 7/7/2023 tutahuje abakundana bahuje ibitisina nkuko wabyanditse, nkuko bisobonurwa n’ibaruwa twanditse ku itariki 5/07/2023 tumenyasha ubuyobozi bw’akagali ka Mumena, aho twabatumiraga muricyo gikorwa”.

Nkuko mu bibona mwibaruwa yandikiwe n’ubuyobozi bw’Akagali ka Mumuna, kiriya gikorwa cyari kigambiriye kuganira ku myitwarire Y’urubyuruko, No kubakangurira kudakoresha ibiyobyabwenge, Kwirinda SIDA n’izindi ndwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina”.

Mu nkuru yawe mwakoze mwagaragaje ko inama yitabiriwe naba tinganyi 150, ibi binyuranye n’umubare dufite witabiriwe cyiriya gikorwa nkuko bigaragara kumpapuro abitabiriye igikorwa biyanditseho. Kandi ntabwo bari abatiganyi rwari Urubyiruko Nyarwanda.

Amahoro Human Respect (AHR) n’umuryango uharanira uburengazira bwa muntu harimo uribyiruko rwose mu gihugu, harimo no kubigisha imyuga. Tukaba twisegiye ku basomyi bacu ku nkuru yatambuye nubwo afoto yariho yagaragaragaho ibirango by’amabara y’abatinganyi ariko Kayitare yatubwiye ko ntaho bihuriye bitari no mu bikorwa byari bigambiriwe. Bikaba ariyo mpamu amafoto atongeye kugaragara muri iyi nkuru ivuguruye.

Ibaruwa bandikiye Gitifu bamutumira.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *