Gasabo-Bumbogo:Barashima Umuyobozi w’umudugudu wa Ramba-Yahashyije ibiyobyabwenge n’ibikwangari
MUKAYIRANGA Odilla, umuyobozi w’umudugudu wa Ramba, mu kagari ka Musave, umurenge wa Bumbogo ,akarere ka Gasabo, arashimirwa n’abaturage ko yahashyije ibiyibyabwenge n’inzoga z’inkorano (ibikwangari).
Bamwe mu baturage baganiriye n’itangazamakuru uyu wa 16/7/2020 bavuze ko bamushima kubwuruhare agira mu kurwanyanya ibiyobyabwenge hamwe n’inzoga z’inkorano.
Akaba bashima kandi n’ibiro by’umudugu biyujurije kubwimiyoborere ye myiza.
Nyamutera Innocent, Gitifu w’umurenge wa Bumbogo mu kiganiro yahaye HANGA News yavuze ko ibikorwa by’uyu muyobozi bigaragarira buri wese, usibye ko ukora neza atabura kuvugwa cyane ,hari abamushima n’abamunenga ariko nibyo biranga umuyobozi uri mushingano.
Ati:”Buriya umunyacyaha ntabwo agira ijambo, hari abo numva bamunenga ko yamenye Inzoga z’inkorano ,ariko ntacyo bitwaye kuko aba arengera ubuzima bwabo”.
ubwo hatahagwa ibiro by’umudugudu.
ibiri by’umudugudu biyujurije byuzuye bitewe n’imiyoborere myiza ya Mukayiranga Odilla.

