Uyu wa 27/05/2022 mu Murenge wa Kigali hatangiye igikorwa cyo gutangiza kumugaragaro amahugirwa y’urubyiruko rutuye muri IDP Model Village Karama ,baraguhurwa kuri gahunda z’ubuhinzi bw’ibihumyo,Gukoresha neza ikoranabuhanga turibyaza umusaruro, ndetse no Kwiga Kudoda.
Kubufatanye n’umufatanyabikorwa FESY RWANDA,nyuma yo gukora ubukangurambaga no gutoranya abagenerwabikorwa, ubu urubyiruko rugera ku 100 rukaba rugiye gutangira kwiga. Ubuhinzi bw’ibihumyo buziga abagera kuri 50 Kudoda ni 30, naho Ict ho bazigishwa gushakira amasoko iby’iwacu binyuze kuri internet (E-commerce) baza 20.
Umusaruro witezwe kuri kino gikorwa, ni kugabanya ubushomeri mu rubyiruko ruri muri IDP, Guhanga imirimo mishya,Guhuza urubyiruko rugakorera hamwe.