Kigali: Abantu mushaka Gukora Business muri Rwezamenyo hari Inzu y’igorofa ikodeshwa harimo n’ibikoresho byose -Amafoto
Mu murenge wa Rwezamenyo,akarere ka Nyarugenge,mu mujyi wa Kigali, mu kagari ka Kabuguru ya kabiri, mu mudugudu wa Gasabo. Hari Inzu nziza y’igorofa ikodeshwa.

Iyi nzu murayisanga musi y’umurenge wa Nyakabanda kuri kaburimbo mu muhanda umanuka werekeza Nyabugogo.

Iyo nzu murayisangamo ibintu byose:

1. Abashaka gukora ibikorwa bya Resitora , murasangamo ibikoresho bigizwe n’Intebe, Utubati, igikoni kirimo Furigo, Kwiziniyeri, Utubati, n’ibindi…..




2. Abashaka gukora Salon y’ubwogoshi ( Salon de Coiffure) murayisangamo ibikoresho byose haba ku bagabo n’abagore.


3. Hari Ububiko (Stoke) wabikamo ibintu byose bitewe n’ubunini bwazo.

4.Amacumbi ( Apartment) ibyumba byose birimo Ibitanda n’ibindi bikoresho bigendanye n’amacumbi (Ushobora gucumbika uri umwe cyangwa muri babiri ibyumba byose birateguwe)

5.Ibyumba by’inama (Office) Abategura Inama cyangwa ibindi birori muhawe ikaze babafitiye ibyumba by’Inama byiza cyane.

N.B: Uyu muturirwa Ushobora kuba wawufata ukawukodesha wenyine cyangwa wifuza gukora imwe muri business twavuze haruguru watugana tukagufasha kwagura ubucuruzi bwawe.
Dukora amasaha yose.

Ushaka ibintu bisobanuro duhamagare: 0783823484 cyangwa 0789897946

Ibikoresho bya Salon de Coiffure.

Ushaka gukodesha iyi salon de Coiffure ayisangamo ibikoresho byose.


Mutugane turabakirana yombi.

