Umurenge Kagame Cup: Amwe mu makipe azakina imikino ya nyuma ku rwego rw’akarere ka Huye yamenyekanye

Uyu munsi Tariki ya 16 Mutarama 2024 , mu murenge wa Rusatira, ku kibuga cy’umupira cya Rubona (RAB) habereye umukino mu marushanwa y’Umurenge w’amaguru Kagame Cup.

N’umukino wahuje ikipe y’abahungu ba Kinazi na Rusatira, aho warangiye ikipe ya Rusatira itsinze iya Kinazi igitego kimwe kuri zero (1-0.).

Na none Kandi ikipe y’abakobwa ya Rusatira yakinnye n’ikipe y’abakobwa y’umurenge wa Kinazi, Rusatira itsinda Kinazi ibitego bine kuri zero ( 4-0).

Ubwo Ikipe y’abakobwa ndetse n’abahungu nizo zageze ku mikino wa nyuma.

Iyi mikino y’itabiriwe n’umuyobozi w’akarere Bwana Ange SEBUTEGE, Ayo yaganirije abitabiriye ibiganiro byibanze ku Imiyoborere n’ubutabera , Kwirinda no gukumira ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge no
Kwirinda inda ziterwa abangavu.

Biteguye kwegukana igikombe.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *