Imihanda Yangiritse mu Karere ka Ngororero Ibangamiye Ubuhahirane

Mu Rwanda abatuye mu mirenge itandukanye y’akarere ka Ngororero mu Burengerazuba barinubira ikibazo cy’imihanda yangiritse ituma ubuhahirane busa n’ubwahagaze.

Aka karere ni hamwe kandi mu duce tubarizwamo ibikorwa by’ubworozi bukorerwa mu nzuri za Gishwati aho ubuyobozi bwa Ngororero bubarura ko amata angana na 20 ku ijana aturuka mu nzuri za Gishwati.Hanabonekamo imirima y’ibyayi isaba kubigeza ku ruganda rwa Gisovu.

Ubuyobozi bwabo bwizeza ko burimo gushakira umuti iki kibazo.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *