Mu mafoto 10: Inkumi z’uburanga ziri guherekeza Ingufu Gin muriTour du Rwanda
Uretse kumenyekana nk’irushanwa rihuruza imbaga y’Abanyarwanda ndetse rigashimisha benshi, Tour Du Rwanda, izwiho kandi kuba urubuga rufasha urubyiruko cyane cyane abakobwa kubona akazi binyuze mu kwamamaza ibigo bitandukanye by’abaterankunga.
Muri iki gihe iri rushanwa riri kuba, iyo ugerageje gutera akajisho ku mbuga nkoranyambaga z’ibigo byateye inkunga iri rushanwa, iz’abantu ku giti cyabo no mu bitangazamakuru bitandukanye, hagarutswe cyane ku mafoto y’abakobwa b’uburanga bari muri Tour du Rwanda 2023 baherekeje uruganda ingufu Gin Ltd.
Muri iyi nkuru ntabwo tugiye kwibanda ku migendekere y’irushanwa, uko abakinnyi b’Abanyarwanda bari kwitwara, ahubwo tugiye kwibanda ku nkumi z’ikimero zarigaragayemo.ziri kwamamaza ibinyobwa by’uruganda rwa ingufu Gin Ltd.
Uko bigaragara nuko aho bageze ,abaturage babikira na yombi ubundi bakishimira gusangira nabo zimwe mu nzoga z’uru ruganda zukunzwe na benshi cyane inzo ya Ingufu Gin benshi bakunda Kwita Nguvu.
Amafoto:


Aho bazenguruka hose, bakira abakunzi b’ibinyombwa bya Ingufu Gin ltd baba bari kumwe n’umuyobozi w’uru ruganda uzwi ku izina rya Kazungu.



Aho bageze bishimirwa na benshi.



Baba bampaye neza.

Baba bari kumwe n’abasitari batandukanye.


Ababyeyi. Bishimira ibyiza by’uru ruganda.

Abasaza banezerewe babonye ibinyobwa by’uru ruganda.

Umuhanzi Senderi International Hit,ari mubaherejeje uru ruganda.

Baherana akanyamuneza.

