Nyarugenge-Gitega: Inkongi y’umuriro yibasiye ahakusanyirizwa imyanda bishyira benshi mu rujijo

Ku isaha yaa sacyenda , uyu munsi Tariki 22/7/2023, Mu kagari ka Akabahizi mu mudugudu w’Iterambere, umurenge wa Gitega, mu kibanza cy’uwitwa Mukarugambwa Judith ufite Imyaka 52 hakusanyirizwaga imyanda y’amakarito,amashashi,n’amacupa ya Plastique ku makuru twahawe n’umuturage witwa Marigaritte Nakabonye, nuko umugabo witwa Ntirenganya Theogene ufite Imyaka 45 wahakodeshaga bivugwa ko ariwe wahatwitse agahita yiruka, gusa kumakuru twahawe nuko uyu Ntirenganya Theogene asigaye akorera uyu murimo wogukusanya ibikarito, Ari mumurenge wa Muhima ,akagari ka Akabeza umudugudu wa Kanunga.

Kubwamahirwe iyi nkongi ntacyo yangije kuko inzego z’umutekano (Police) zahagobotse zifatanyije n’abaturage nishami rishinzwe kuzimya inkongi (Fire Brigade) bakaba babizimije.

Police yahagereye igihe.

Bahise batangira kuzimya umuriro.

Umuriro wari uteye ubwoba.

Abaturage bari bashukamirije ari benshi.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *